Umushinga w’ubuhinzi bw’imbuto

Ubuhinzi ni umwe mishinga ikomeye kandi itanga inyungu ku bayikora. Mu gihe bukozwe neza, ubuhinzi nabwo bushobora kukugira umukire, kandi mujya mubona ingero z’abantu benshi babaye abakire cyangwa bateye imbere kubera gukora ubuhinzi.

Mu Rwanda, ubuhinzi bw’imbuto nabwo buri mu mishinga wakora ugatera imbere. Ibyo bituruka ku kuba mu Rwanda hari isoko rinini ry’imbuto zinyuranye no kuba imbuto zikenerwa n’abantu bose ku mafunguro yabo.

Zimwe mu mbuto ushobora guhinga mu Rwandi ni avoca, imyembe, amacunga, indimu, ibinyomoro, inanasi, amatunda ariyo dukunda kwita marakuja n’izindi nyinshi.

KANDA HANO UMENYE IBYO WAHINGA MU RWANDA

Uyu munsi twabateguriye umushinga wo guhinga amatunda (marakuja) nk’imbuto zizwiho kuryoha no gutanga umusaruro munini ku bazihinga. Marakuja zera neza mu butaka bwo mu Rwanda kandi zitanga umusaruro ushimishije mu gihe kitarambiranye. Ni umbuto wahinga ukazikuramo amafaranga menshi.

MENYA UKO WAHINGA AMATUNDA (MARAKUJA)

KANDA HANO TUGUTEGURIRE UMUSHINGA WO GUKORA UBUHINZI

DUHAMAGARE CYANGWA UTWANDIKIRE KURI

TELEFONE: +250785115126

Email: imbere2020@gmail.com

Umushinga w’ubuhinzi bw’imbuto


One thought on “Umushinga w’ubuhinzi bw’imbuto

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Social media & sharing icons powered by UltimatelySocial
Facebook20
Please contact us!