Igazeti y’amategeko y’umuhanda yagufasha gukorera uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga

Igazeti y’amategeko y’umuhanda ikubiyemo Iteka rya Perezida N° 85/01 ryo ku wa 02/09/2002 rishyiraho Amabwiriza Rusange agenga Imihanda n’uburyo bwo kuyigendamo.

Iri teka ryavuguruwe nu mwaka wa 2015 n’Iteka rya Perezida N° 25/01 ryo ku wa 25/02/2015 rihindura kandi ryuzuza Iteka Rya Perezida N°85/01 Ryo Ku Wa 02/09/2002 rishyiraho Amabwiriza Rusange Agenga Imihanda n’uburyo bwo kuyigendamo nk’uko ryahinduwe kandi ryujujwe kugeza ubu.

Ayo Mateka yombi agenga uburyo bwo kugenda mu nzira nyabagendwa, bwerekeye abanyamaguru, ibinyabiziga, inyamaswa zikurura, izikorera ibintu, cyangwa izo bagenderaho kimwe n’amatungo.

Igazeti y’amategeko y’umuhanda igena uburyo umuhanda ukoreshwa n’ibinyabiziga binyuranye birimo imodoka z’ubwoko bwose, moto, amagare n’ibindi binyamitende. Igena kandi n’uburyo abanyamaguru bagomba gukoresha umuhanda.

Ushobora kubona izo nyandiko zose ku buntu:

KANDA HANO UBONE IGAZETI Y’AMATEGEKO Y’UMUHANDA

KANDA HANO UBONE IGAZETI IVUGURUYE (Iri kuva kuri page ya 3 gukeza kuri Page ya 13)

IBIBAZO N’IBISUBIZO BYABAJIJWE MU BIZAMINI BYA PROVISOIRE

KANDA AHO USOME IZINDI NYANDIKO ZIRI KURI URU RUBUGA

Igitabo cy'amategeko y'umuhanda PDF

2 thoughts on “Igazeti y’amategeko y’umuhanda yagufasha gukorera uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Social media & sharing icons powered by UltimatelySocial
Facebook20
Please contact us!