Umushinga w’ubworozi bw’inkoko zitera amagi

Ubworozi buri mu mishinga ikomeye igira uruhare runini mu iterambere ry’Igihugu no mu mibereho myiza y’abaturage. Ubworozi ni umushinga ugezweho kandi utanga inyungu ku bawukora.  

KANDA HANO TUKUGEZEHO INYANDIKO UGENDERAHO UTEGURA UMUSHINGA WAWE

Ubworozi bw’inkoko butanga umusaruro ushimishije ukenewe ku isoko ryo mu Rwanda cyangwa no ku rwego Mpuzamahanga. By’umwihariko, ubworozi bw’inkoko z’amagi butanga amagi yafasha mu kongera imirire myiza, bitanga kandi ifumbire yafasha mu kongera umusaruro w’ubuhinzi. Ubu bworozi butanga kandi amafaranga ku buryo ari umushinga utanga inyungu iyo ukozwe neza. 

Mu Rwanda, amagi ari mu biribwa bikoreshwa n’abantu benshi kandi kugeza ubu amagi yo mu Rwanda ntahaza isoko ry’imbere mu gihugu. Hari kandi n’amahirwe yo kuba amagi yo mu Rwanda yajyanwa no mu bindi bihugu bituranye n’u Rwanda.

KANDA HANO TUKUGEZEHO INYANDIKO UGENDERAHO UTEGURA UMUSHINGA WAWE

TWANDIKIRE CYANGWA UDUHAMAGARE TUGUTEGURIRE UMUSHINGA

TELEPHONE: +250785115126

Email: imbere2020@gmail.com

IZINDI NYANDIKO BIJYANYE

IYANDIKISHE KURI YOUTUBE CHANNEL YACU



Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Social media & sharing icons powered by UltimatelySocial
Facebook20
Please contact us!