Itangazo ryo kugemura imbuto y’ibirayi


Leta y’u Rwanda, muri gahunda yo kurwanya ubukene no kongera umusaruro ukomoka ku buhinzi, yahawe inkunga na Banki y’Isi (World Bank) ibinyujije mu mushinga SAIP, ukaba ari umushinga wo Kwagura Ubuhinzi Burambye n’Ubwihaze mu Biribwa.

Umushinga SAIP ukaba uhamagarira abatubuzi b’imbuto bujuje ibisabwa gupiganira isoko ryo kuyigemurira imbuto y’ibirayi.

Abapiganwa bagomba kuba bagaragara ku rutonde rw’abatubuzi b’imbuto bemwe n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi mu Rwanda (RAB) cyangwa n’Ikigo gishinzwe Ubugenzuzi bw’Imbuto mu Rwanda (RICA).

KU BINDI BISOBANURO MWASOMA ITANGAZO RIKURIKIRA

Itangazo ryo kugemura imbuto y’ibirayi

KANDA HANO USOME IZINDI NYANDIKO BIJYANYE

SOMA IZINDI NYANDIKO ZIRI KURI URU RUBUGA


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Social media & sharing icons powered by UltimatelySocial
Facebook20
Please contact us!