Itangazo rya Ambasade ya Leta zunze ubumwe za Amerika ryo gutera inkunga imishinga igamije gufasha abaturage

Ambasade ya leta zunze ubumwe za Amerika mu Rwanda yatangiye kwakira ubusabe bw’abafite imishinga mito igamije gufasha abaturage bifuza guterwa inkunga. Iyi nkunga yemerewe gusa amakoperative yanditswe mu kigo cy’amakoperative mu Rwanda, n’imiryango itegamiye kuri leta.

Kureba amabwiriza yo kohereza imishinga, no kumenya abemerewe, mwasura urubuga:  http://ow.ly/J3HP50NhBqW

Itariki ntarengwa yo gutanga imishinga ni ku wa 8/5/2023.

KANDA HANO USOME IZINDI NYANDIKO KURI URU RUBUGA

Itangazo rya Ambasade ya Leta zunze ubumwe za Amerika ryo gutera inkunga imishinga igamije gufasha abaturage

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Social media & sharing icons powered by UltimatelySocial
Facebook20
Please contact us!