Waba witegura gukora ikizamini cy’uruhushya rw’agateganyo rwo gutwara ibinyabiziga? Uyu munsi twaguteguriye inyandiko iriho ibibazo n’ibisubizo by’amategeko y’Umuhanda.
Iyi nyandiko irimo ibibazo n’ibisubizo birenga 400 byibanda ku byiciro byose by’amategeko y’umuhanda harimo n’ibyapa. Ibibazo byibanda kandi ku buryo bwo kugenda mu muhanda, ibyapa byo ku mihanda, amatara yo ku muhanda n’ay’ibinyabiziga.
Iyi nyandiko yafashije abantu benshi kandi abayikoresheje batsinda neza ikizamini cya “Provisoire”.
Iyo nyandiko kandi kuyibona ni ubuntu.

NIBA USHAKA IYO NYANDIKO KANDA HANO